GASABO
GASABO
SERIVISE ZITANGIRWA
K’UMURENGE W’UMUJYI(GASABO)
• IRANGAMIMERERE N’IMPAPURO MPAMO
SERIVISE
ITANGWA
IBISABWA AMAFARA
NGA
YISHYURW
A
IGIHE
NTARENGWA
1. Kwandikisha
umwana
wavutse
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandik
o Mpamo
- Icyemezo cya muganga
w’ibitaro umwana
yavukiyemo
- Indangamuntu z’ababyeyi
- Ababyeyi bombi barazana
iyo batashyingiranywe
- Icyemezo cy’urukiko iyo
kwandikisha byarengeje
igihe
- Icyemezo cyo gushyingirwa
Ntayo Uwo munsi
2. Kwandika
abashaka
gushyingirw
a byemewe
n’amategeko
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Kuba uhibereye
- Kuba ufite byibura imyaka
21 y’amavuko
- Icyemezo cy’uko uri
ingaragu
- Icyemezo cy’amavuko
- Kopi y’indangamuntu
- Icyemezo cy’ubutane
cyangwa icyemezo
cy’urukiko kiriho kashe
mpuruza
- Icyemezo cyo gushyingirwa
n’icyemezo cy’urupfu
rw’uwo bashakanye
k’uwapfakaye
- Photos passport/Abageni
1500/Agat
abo
2400/kwa
ndikwa
Uwo munsi
3. Gusaba
icyemezo
cy’ibyanditse
mu bitabo
by’abashyin
giranywe
imbere
y’amategeko
(Extrait
d’Acte de
Marriage)
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Indangamuntu
- Kwerekana igihe
wasezeraniye (Agatabo ko
gushyingirwa, icyemezo
cy’inkwano, etc.)
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
2,400 Frw Uwo munsi
4. Gusaba
icyemezo
cy‘uko
wasezeranye
imbereye
y’amategeko
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
- Agatabo ko gushyingirwa
(livret de mariage) cyangwa
icyemezo cyo gushyingirwa
(acte de mariage)
- Kopi y’indangamuntu
cyangwa pasiporo
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
500 Frw Uwo munsi
5. Gusaba
icyemezo
cy’uko uri
ingaragu
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Kopi y’Irangamuntu
cyangwa Pasiporo
- Icyemezo cyatanzwe
n’Akagari cyemeza ko uri
ingaragu
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
500 Frw Uwo munsi
6. Icyemezo
cy’uko
watandukan
ye n’uwo
mwashakan
ye
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
- Kopi y’Indangamuntu
cyangwa Pasiporo
- Icyemezo cy’ubutane
cy’urukiko kiriho kashe
mpuruza
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
1.500 Frw
7. Icyemezo
cyo guseza
amasezeran
o
y’abashyingi
we batigeze
babana
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandik
o Mpamo
- Kopi y’Icyangombwa (e.g.
Indangamuntu cyangwa
Pasiporo)
- Imyanzuro y’urukiko yo
gusesa amasezerano yo
gushyingirwa
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
1.500 Frw Uwo munsi
8. Kwandukuza
umuntu
wapfuye
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Icyemezo cya muganga
- Indangamuntu
y’umwimerere y’uwapfuye
irasubizwa
- Abagabo babiri bo
kubyemeza
- Ku muntu waguye mu rugo,
abamushyinguye bakora
inyandiko mvugo ikemezwa
n’Akagari
- Ku muntu wapfuye hakab
hashize igihe kirekire,
hasabwa icyemezo
cy’urukiko kiriho kashe
mpuruza (iminsi 15)
Ntayo Uwo munsi
9. Icyemezo
cy’uko umuntu
yapfuye
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
- Kuba umuntu yanditse mu
gitabo cy’abapfuye
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
1500Frws Uwo munsi
10. Kwemeza
impapuro
mpamo
Umukozi
ushinzw
e
Irangami
merere
n’Inyand
iko
Mpamo
- Impapuro z’umwimerere
na kopi zazo
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
1.500 Frw
kuri buri
kopi
Uwo munsi
11.Icyem
ezo cyo
kuba
umubyey
i
w’umwa
na
utabyay
e
Umuko
zi
ushinz
we
Iranga
mimere
re
n’Inyan
diko
Mpamo
- Usabirwa kubererwa umubyeyi agamba kuba
atuye mu murenge cyangwa ariho yabaruwe
- Uhagarariye umwana agomba kuba ahari
- Abagabo babiri (2) kuri buri ruhande
- Ibyangombwa (Indangamuntu cyangwa pasiporo)
bya buri wese
- Ababyeyi ku mpande zombi bagomba kuba bahari
- Icyemezo cy’amavuko cy’umwana
- Ku bana bakuru bagomba kuba babyemera
Ku babyeyi ku mpande zombi:
- Kopi z’Indangamuntu
- Icyemezo cy’uko bashyingiranwe, cyangwa ko ari
ingaragu
- Kuba bahibereye
- Icyemezo cy’uko ababyeyi b’umwana babyemera
- Icyemezo cy’urupfu iyo ababyeyi bapfuye
Ku bashaka kuba babyeyi b’ubumwana
- Kuba bahibereye
- Kuba abashyingiranwe bamaze imyaka 5 babana
neza
- Kopi y’Indangamuntu
- Kaba barusha nibura imyaka 15 uwo bashaka
kubera ababyeyi
- Icyemezo cy’uko bashyingiranywe cyangwa ari
ingaragu
Ntayo Uw
o
mun
si
12. Icyemezo cyo
kwemera
umwana
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Icyemezo cy’amavuko
cyangwa « extrait d’acte de
naissance »
- Ikarita yo gukingira
cyangwa icyemezo cya
muganga iyo umwana
atanditse
- Indangamuntu z’ababyeyi
(orijinari na kopi)
- Uwo bashakanye agomba
kuba ahibereye kimwe na
nyina w’umwana
- Abagabo babiri
- Iyo uwemerwa ari umuntu
mukuru, hagomba
icyemezo cy’urukiko
2400 Uwo munsi
13.Icyemezo cyo
kuzungura
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Imyanzuro y’inama
y’umuryango yemeza uko
izungura rigomba kugenda
- Icyemezo cy’urupfu
cy’uzungurwa
- Indangamuntu
z’abazungura
- Ibyemezo by’amavuko
by’abazungura
- Iyo abazungura batagejeje
ku myaka y’ubukure
(minor) hasabwa icyemezo
cy’urukiko.
- Abagize umuryango
bagomba kuba bahibereye
- Icyemezo cy’urukiko iyo
harimo amakimbirane
Ntayo Uwo munsi
14. Gukemura
ibibazo
by'abaturage
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
Raporo y’Akagari igaragaza
uko ikibazo cyakemuwe
Ntayo Uwo munsi
15.Gutanga
Ubujyanama mu
mategeko
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
Ntabyo Ntayo Uwo munsi
16.Icyemezo
gisimbura
Indangamuntu
by’agateganyo
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
Icyemezo cya polisi cy’uko
wataye Indangamuntu
1500Frws Uwo munsi
17.Kwiyandikisha
gufata
Indangamuntu
bwa mbere
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
- Kuba ufite imyaka 16 nibura
- Icyemezo cy’amavuko
Ntayo Uwo munsi
18. Kwemeza
amasezerano
y’ubugure
bw’imitungo
yimukanwa
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Indangamuntu
- Ubyangombwa
by’umutungo
- Amasezerano y’Ubugure
asinyirwa imbere ya Noteri
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
2.000 Frw Uwo munsi
19. Gusaba
gushyira
umukono ku
masezerano
y’inguzanyo
yatanzwe na
Banki
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
Amasezerano y’inguzanyo ya
banki
Indangamuntu
Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
2.000 Frw Uwo munsi
20. Gushyira
umukono kuri
stati
z’amashyiraham
we,
amakoperative
n’imiryango
itegamiye kuri
Leta
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Sitati
- Abanyamuryango bose
bagomba kuba bahari
- Kwishyura amahoro
asabwa
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
5.000 Frw
kuri buri
sitati
1500Frw
kuri buri
rupapuro
ku zindi
nyandiko
Uwo munsi
21. Kwemeza
umukono
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
- Indangamuntu
- Kuba uhibereye
- Kwishyura amahoro asabwa
1500 Frws Uwo munsi
22. Icyemezo
cy’ubupfakazi
(attestation de
veuvage)
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
- Icyemezo cy’uko yashatse
- Icyemezo cy’urupfu rw’uwo
bari barashakanye
- Indangamuntu
- Icyemezo cy’Akagari
- Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
1.500 Frw Uwo munsi
23.Icyemezo cyo
kutajurira
umwanzuro
w’abunzi
Umukozi
ushinzwe
Irangami
merere
n’Inyandi
ko
Mpamo
- Indangamuntu
- Icyemezo cy’urukiko
rw’Abunzi
Ntayo Uwo munsi
24. Icyemezo cyo
kuba utanditse
mu bitabo
by’irangamimerer
e
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
Indangamuntu, Icyemozo cy’uko
yataye indangamuntu, pasiporo
cyangwa ikarita y’ishuri
Ntayo Uwo munsi
25. Icyemezo
cyo
kwihutisha
kubona
Indangamunt
u
Umukozi
ushinzwe
Irangamim
erere
n’Inyandik
o Mpamo
Icyemezo cy’urukiko kiriho kashe
mpuruza
Ntayo Uwo munsi
26. Kurangiza
imanza
Umunyam
abanga
Nshingwa
bikorwa
w’Umuren
ge
Icyemezo cy’urukiko kiriho kashe
mpuruza
Ntayo Mu minsi 15
kuva igihe
urundi ruhande
rubimenyeshejw
e. Ntibishobora
kurenza amezi 3
• Imibereho Myiza
SERIVISE ITANGWA IBISABWA
AMAFARA
NGA
YISHYURW
A
IGIHE
NTARENGWA
1. Kwishyurira
amafaranga
y’ishuri imfubyi
n’abana
batishoboye
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
y’Abaturage
- Kuba wanditse
k’urutonde
rw’imfubyi
n’abatishoboye,
- Kubari uri mu cyiciro
cya mbere n’icya
kabiri by’Ubudehe
- Icyemezo cy’uko ari
umunyeshuri
- Indangamuntu
z’ababyeyi ku batari
imfubyi
Ntayo Uwo munsi
2. Gutanga
ubufasha ku
batishoboye
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
y’Abaturage
- Kuba wanditse
k’urutonde
rw’abatishoboye
mu cyiciro cya
mbere n’icya
kabiri by’Ubudehe
- Raporo y’akagari
- Indangamuntu
z’ababyeyi ku
bana
b’abatishoboye
Ntayo Biterwa
n’imiterere
y’inkunga
n’aho
ituruka
3. Gutanga
ibyangombwa
ku batishoboye
mu byiciro
bitandukanye
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
y’Abaturage
- Kuba wanditse
k’urutonde
rw’abatishoboye
mu cyiciro cya
mbere n’icya kabiri
by’Ubudehe
- Raporo y’akagari
- Indangamuntu
Ntayo Uwo munsi
4. Gusaba
icyemezo
cy’uko uri
impfubyi
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
y’Abaturage
Icyemezo cy’Akagari Ntayo Uwo munsi
5. Icyemezo
cy'uwacitse
ku icumu rya
jenoside
Umukozi
ushinzwe
Imibereho Myiza
y’Abaturage
Icyemezo cya
komite
y’abarokotse
Jenoside mu
Kagari. Icyo
cyemezo
gisinywaho kandi
n’Akagari
Ntayo Uwo
munsi
SERIVISE ITANGWA IBISABWA AMAFAR
ANGA
YISHYUR
WA
IGIHE
NTARENGWA
1. Kwakira
inyandiko
z'abasaba akazi
k’ubwarimu
Umukozi ushinzwe
uburezi mu murenge
- Ibaruwa isaba
yandikiwe Akarere
- Umwirondoro (CV)
- Kopi y‘impamyabushozi
- Ifishi yo gusaba akazi
ya Komisiyo y’Abakozi
ba Leta yujuje,
- Kopi y‘Indangamuntu
- Amafoto abiri
y’amabara magufi
Ntayo - Uwo munsi
iyo ari
ugusimbura
umwarimu
wagiye
- Muri
Mutarama
iyo ari
guhindura
ikigo
cyangwa
gusaba akazi
bushya.
•Uburezi
2. Kwakira no
gukemura
ibibazo
by'abarimu
n'abanyeshuri
Umukozi ushinzwe
uburezi mu murenge
- Urwandiko
rwankiwe
Umurenge ku
barimu, ruriho
umukono
w’umukuru
w’ikigo.
- Kuza kureba
Umukozi ushinzwe
uburezi mu
murenge ku
banyeshuri
Ntayo Uwo munsi
3. Kwakira
ababyeyi bafite
ibibazo
birebana
n'amashuri
y'abana
Umukozi ushinzwe
uburezi mu murenge
- Indangamanota
y’umunyeshuri (mu
mashuri yisumbuye)
- Indangamanota
y’umwaka wa
anyuma yarangije
(mu mashuri
abanza)
- Icyemezo cy’ishuri
yigagamo (mu
mashuri abanza).
Ntayo Biterwa n’imiterere
y’ikibazo
4. Gutanga
ibyemezo
by'abanyesh
uri bafashwa
n'imishinga
Umukozi ushinzwe
uburezi mu
murenge
Kuba ufashwa Ntayo Uwo munsi
5. Kwakira
abakeneye
amakuru
kw’ibarurisha
mibare
ry'uburezi
Umukozi ushinzwe
uburezi mu murenge
Nta byo Ntayo Uwo munsi
SERIVISE ITANGWA IBISABWA AMAFAR
ANGA
YISHYUR
WA
IGIHE NTARENGWA
1. Icyangombwa
cy’isuku ku
bashaka
gutangiza
ubucuruzi
bukorerwa
abantu benshi
icyarimwe
Umukozi ushinzwe
isuku
Ntabyo Ntayo Mu minsi 3
2. Gufasha
abatsindiye
amasoko
y’isuku mu
ngo
kwishyuza
Umukozi ushinzwe
isuku
Kuba warahawe isoko
ryo gutwara imyanda
yo mu ngo n’Umurenge
Ntayo Mu minsi 3
• Isuku
SERIVISE
ITANGWAIBISABWA
AMAFARANG
A
YISHYURWA
IGIHE
NTARENG
WA
1. Gusaba
icyemezo
cy’ingwate
ku butaka
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Icyangombwa cy’ubutaka
- Impapuro zitangwa na banki zisinye
- Indangamuntu y’ushaka gutanga
ingwate y’ubutaka
2.000 Frw Uwo munsi
2. Gutiza
undi
ingwat
e
y’ubuta
ka
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Kwishyura amafaranga ya noteri
w’ubutaka
- Icyangombwa cy’ubutaka
cy’umwimerere
- Kopi y’icyangombwa cy’ubutaka
butizwaho ingwate
- Kopi y’Indangamuntu kuri buri muntu
- Ubo bashyingiranywe bagomba
kuba bahari
2.000 Frw Uwo munsi
•Ubutaka
3. Gusab
a
icyeme
zo
cy’umu
tungo
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Icyemezo cy’Umudugudu cyemeza
ko umutungo ari uwa nyir’ugusaba
kandi cyasinyweho
n’Umunyamabanga
Nshingwabikorwa w’Akagari.
- Kwishyura amafaranga asabwa
kuri konti y’Akarere
1.200 Frw Uwo
munsi
4. Gukem
ura
ibibazo
n'amak
imbira
ne
ashingi
ye ku
butaka
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
Icyangombwa cy‘ubutaka Ntayo Igisubizo
gitangwa
bitewe
n’uko
ikibazo
giteye.
Bimwe
bikemuka
Uwo munsi,
ibindi
bigasaba
ko ubutaka
busurwa.
5. Gusaba
uburen
ganzira
bwo
gusana
/kuvug
urura
inyuba
ko
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Urwandiko rusaba rwandikiwe Umurenge
- Kopi y’Icyangombwa cy’ubutaka
cyanditseho “gutura”
- Amafoto y’uko inzu iteye (impande zose)
- Kwishyura imisoro y’ubutaka
- Kwishyura amafaranga y’icyangombwa
- Raporo y’isura ry’aho inzu iri.
1.200
Frw
Mu minsi 5
6. Kwandi
kisha
ubutak
a
butabar
uwe
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka/ba nyir'ubutaka
- Icyemezo cyo kuba washyingiwe/Icyemezo
cy’uko uri ingaragu
- Icyemezo cy’umutungo utimukanwa cyatanzwe
n’Ubuyobozi bw’Akagari ubutaka
buherereyemo cyemejwe n’Ubuyobozi
bw’Umurenge
- Inyandiko yemeza nimero y’ubutaka (UPI) iyo
izwi
- Iyo nimero y’ubutaka itazwi: Ifishi y'ubutaka
(Fiche Cadastrale) yemejwe n'umukuru w'ibiro
by’ubutaka by'Akarere na raporo y’ipimwa
ry’ubutaka yashyizweho umukono na
nyir’ubutaka, abo bahana imbibi, umukozi
wapimye ubutaka n’umuyobozi w’Akagari
k’aho ubutaka buherereye
5,000
Frw
Uwo munsi.
Icyangombw
a kiboneka
mu
byumweru 2
7. Gusaba
ibyango
mbwa
by’ubuta
ka
bitasoho
tse kandi
ubutaka
bwaraba
ruwe
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Kopi y’ibiranga
nyir’ubutaka/ba
nyir'ubutaka
- Icyemezo
cy’agateganyo
gihabwa
uwabaruriwe
ubutaka
- Icyemezo gitangwa
n’Ubuyobozi
bw'Akagari
gihamya ko umuntu
atafashe
ibyangombwa
by’ubutaka bya
burundu
Ntayo Uwo
munsi.
Icyango
mbwa
kibonek
a mu
byumw
eru 2
9. Iherere
kanya
ry’ubu
rengan
zira ku
butaka
rishing
iye
kw‘izu
ngura
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Kopi y’ibiranga
umuzungura/abazungura
- Icyemezocyo kuba
warashyingiwe/ Icyemezo cy’uko
uri ingaragu cy’umuzungura/
abazungura
- Inyandiko y’umurage yakorewe
imbere ya noteri (Authentic Will)/
inyandiko ihamya abazungura
mu gihe nta makimbirane
itangwa n’umwanditsi
w’irangamimerere cyangwa
Icyemezo cy’urukiko cyemeza
abazungura n’uburenganzir
abafite ku butaka (giherekejwe
n’Inyandiko mvugo
y’irangizarubanza) mu gihe hari
amakimbirane
- Ibyangombwaby’ubutaka
busabirwa izungura
27,000 Frw
(20,000 Frw
y’ihererekan
ya, 5,000
Frw
y’icyangomb
wa gishya
na 2,000
Frw ya
Noteri)
yishyurwa
kuri konti
y’Akarere.
Uwo
munsi.
Icyangom
bwa
kiboneka
mu
byumwer
u 2
10. Gasa
ba
gusi
mbur
a
icyan
gomb
wa
cy’ub
utaka
cyata
kaye/
cyan
girits
e
Umukozi
ushinzwe
ubutaka
- Ku byangombwa byatakaye
witwaza kitansi y‘itangazo
imaze nibura ibyumweru
bibiri
- Icyangombwa cyangiritse iyo
gihari
- Indahiro yakorewe imbere ya
noteri w’ubutaka iyo
byatakaye
2.000 Frw
yo
kwemeza
impapuro
mpamo
5.000 Frw
y’icyangom
bwa gishya
Uwo
munsi.
Icyango
mbwa
kiboneka
mu
byumwer
u 2
SERIVISE
ITANGWA
IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENG
WA
1. Gusaba
uburenganzir
a bwo
gutangiza
ubucuruzi
Umukozi
Ushinzwe Imisoro
n’Amahoro
Kwiyandikisha ku
ipatanti mu minsi 30
uhereye igihe
utangiriye gukora
Kuriha ipatanti Uwo munsi
2. Kwishyura
umusoro
ku butaka
Umukozi
Ushinzwe Imisoro
n’Amahoro
Icyangombwa
cy’ubutaka
Umusoro ugenwa na
Njyanama y’Akarere
Uwo munsi
3. Kwishyura
umusoro
k’ubukode
bw’inzu
Umukozi
Ushinzwe Imisoro
n’Amahoro
Amasezerano
y’ubukode
Umusoro ubarwa
hakurikijwe agaciro
k’ubukode
Uwo munsi
• Imisoro n’amahoro
4. Kwishyu
ra
umusoro
k’umutu
ngo
utimuka
nwa
Umukozi
Ushinzwe
Imisoro
n’Amahoro
Icyangombwa
cy’umutungo
utimukanwa
Inyemezamusor
o yujujwe neza
Raporo
y’igenzura
ry’agaciro
k’umutungo
ryakozwe
n’impuguke
zabiherewe
uruhushya
(expertise
Umusoro
ubarwa
hakurikijwe
ubwoko
bw’umutungo
utimukanwa
Uwo
munsi
SERIVISE
ITANGWA
IBISABWA AMAFARANG
A YISHYURWA
IGIHE
NTARENGW
A
1. Gusaba
ingemwe
z’ibiti zo
gutera
Umukozi
ushinzwe
ubuhinzi
- Ubutaka
buterwaho ibiti
bugomba kuba
bwagenzuwe
n’umukozi
ushinzwe
amashyamba.
Ntayo Ingemwe
z’ibiti
ziboneka mu
kwa cumi
2. Uruhushya
rwo
gutwara
ibikomoka
ku biti
Umukozi
ushinzwe
ubuhinzi
Icyangombwa cyo
gusarura ishyamba
Kuriha amafaranga
asabwa
1.000 Frw
kuri toni imwe
ipakiye
Uwo munsi
•Ubuhinzi
•Ubworozi
SERIVISE ITANGWA IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENG
WA
1. Gusaba
uruhushya
rwo kubaga
no kugurisha
inyama
Umukozi
ushinzwe
ubworozi
- Urwandiko rubisaba
rwerekana aho
ubwo bucuruzi
buzakorerwa
- Inzu y’ibagiro
- Icyobo yo gutamo
imyanda
- Abakozi bafite
imyenda
yabigenewe
n’ibikoresho
- Abakozi bapimwa
indwara zanduza
- Kwishyura ipatanti
mbere yo gutangira
- Impapuro
zigaragaza aho
itungo ryaturutse
Amafaranga agomba
gutangwan’Umrenge
yo kujya kuri terrain
Uwo munsi
2. Gusaba
gutererwa
intanga
amatungo
Umukozi
ushinzwe
ubworozi
Inka yarinze
Kugura
intanga muri
RAB, uretse
iza Girinka
zitererwa
ubuntu
Amafaranga
y’urugendo rwa
muganga
w’amatungo
aho bikenewe,
kugura intanga
Uwo
munsi
3. Gukingiza
amatungo
Umukozi
ushinzwe
ubworozi
Kwishyura
inkingo
bitewe
n’ubwoko
bwazo
Amafaranga
yishyurwa kuri
buri tungo bitewe
n’ubwoko
by’urukingo
Mu
cyumwer
u kimwe